La Pervenche de Madagascar n’ikimera cyifashishwa cyane mu buvuzi gakondo ndetse no mu gukora imiti y’ibimera mu bihugu byinshi byo muri Afurika, ubushinwa na Amerika y’Epfo. Iki kimera kizwiho kugira impumuro nziza kandi amababi yacyo akunze gukoreshwa mu gukora icyayi, amavuta y’ingenzi (essential oils), ndetse n’imiti gakondo ivura indwara zitandukanye.
Ikimera cya pervenche de madagascar kirimo intungamubiri umubiri ukenera cyane zirimo: flavonoids, vincristine, vinblastine, alkaloids, tannins na antioxidants zituma kigira ubushobozi bwo kurwanya mikorobe (antibiotic), kuringaniza isukari mu maraso, kugabanya uburibwe (pain killer), kuruhura ubwonko ndetse no kongera ubudahangarwa bw’umubiri.
Ese wari uziko Ubu mu KIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE Ltd, hari inyunganiramirire (food supplements) z’umwimerere zikozwe mu bimera bitandukanye zikungahaye ku ntungamubiri nkiziboneka”La Pervenche de Madagascar” harimo: Aloe-Vera Soft capsule, Cordycep Ganoderma capsules, Propolis soft capsules, Sun rise na Spirulina tablets zifasha mu kurwanya indwara z’ubuhumekero, umutima,ubwonko, uruhu, indwara zibasira urwungano ngogozi, kanseri n’izindi. N’inyunganiramirire zizewe ku ruhando mpuzamahanga kuko bifite ibyangombwa by’ubuziranenge bihabwa n’ibigo mpuzamahanga nka FDA (Food and Drug Administration) na HALAL.
Akamaro k’ikimera cya “La Pervenche de Madagascar” ku buzima bw’umuntu
1. Gifasha mu kuringaniza isukari mu maraso (blood sugar level)
Mu buvuzi gakondo, amababi ya pervenche akoreshwa mu gufasha abantu bafite ikibazo cya diyabete kuko yifitemo ubushobozi bwo kugabanya urugero rw’isukari mu maraso.
2. Gifasha mu Kurwanya indwara ziterwa na bacteria n’udukoko
Ubushakashatsi bwerekanye ko iki kimera gifite ubushobozi bwo: Kurwanya bacteria zimwe na zimwe, Kugabanya imikurire y’udukoko dutera indwara no Kurinda umubiri infections zitandukanye
3. Gifasha mu Kugabanya uburibwe n’ububabare
Icyayi cya pervenche de madagascarkizwiho kugabanya uburibwe bw’imikaya, kugabanya ububabare bwo mu ngingo no kurwanya umunaniro ukabije.
4. Gifasha igogora kugenda neza
Iki kimera gifasha urwungano ngogozi gukora neza bikagabanya ibyago byo kurwara impatwe (constipation), kugira ibyuka mu nda (bloating), kandi kikagabanya kuribwa mu gifu.
5. Gifasha mu kugabanya umuvuduko w’amaraso
Ubushakashatsi bugaragaza ko pervenche de madagascarishobora gufasha mu kuzibura imitsi y’amaraso no gufasha umutima gukora neza
6. Cyongerera umubiri ubudahangarwa
Kubera antioxidants zirimo, iki kimera gifasha mu kurinda uturemangingo tw’umubiri kwangizwa n’ama free radicals ndetse no kongerera umubiri ubushobozi bwo guhangana n’indwara.
7. Gufasha mu kurwanya kanseri zitandukanye
Ubushakashatsi bugaragaza ko ibinyabutabire bya vincristinena vinblastinebiboneka muri pervenche de Madagascar bituma igira ubushobozi bwo kurwanya kanseri y’amaraso (leukemia), kanseri y’ibihaha, kanseri y’ibere ndetse na kanseri y’amara.
Mwifuza ibindi bisobanuro cyangwa ubufasha ku buzima mwadusanga kuri address zikurikira;
ADDRESS
IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, ku MUHIMA mu Nyubako yegeranye na HOTEL OKAPI Ikoreramo GENESIS TV muri Etaje IBANZA HASI muri 0 (Ground Floor)
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) / 0788865515 (WHATSAPP)
E-mail: kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
www.kundubuzima.rw

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, ku MUHIMA mu Nyubako yegeranye na HOTEL OKAPI Ikoreramo GENESIS TV muri Etaje IBANZA HASI muri 0 (Ground Floor)
Telephone: (+250) 788865515
Email: info@kundubuzima.rw