Umusemburo wa Testosterone ni umusemburo w’ingenzi cyane cyane ku bagabo; kuko ufasha byinshi harimo kugira ubushake bwo gukora imibonano, kongera uburemere bw’amagufa n’imikaya. Muri make niwo musemburo ugaragaza imiterere ya kigabo.
Uyu musemburo ukorwa cyane ku bwinshi mu gihe cy’ubugimbi, hanyuma uko umugabo/umuhungu agenda akura/asaza ukagenda ugabanuka.
Hari izindi ngaruka zishamikira kuri izi zirimo nko,
Iyo umusemburo wa testosterone wabaye muke ku rugero rukabije ugira ibibazo birimo nko :
Ku bantu bafite ikibazo cy’imisemburo wa testosterone uri hasi muri KUNDUBUZIMA HEALTH CARE habonetse igisubizo kuribo hifashishijwe imiti gakondo ikoze mu bimera ijana kw’ijana kandi ikaba yizewe ku ruhando mpuzamahanga ndetse akaba ari nta ngaruka igira ku wayikoresheje muri iyo miti twavugamo nka REVIVE CAPSULE, GOLDEN SIX CAPSULE, CA+FE+ZI PLUS CAPSULE
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI , Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0 winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUTI na MTN CENTER na BANK OF AFRICA HASI KURI PARKING winjira muri CHIC IMBERE Umuryango D055A2
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
Ubuvuzi gakondo bw’abashinwa (TCM) bwibanda ku kuvura no kurinda Ingingo 5 zingenzi zigize umubiri w’umuntu(5 organes) arizo:ibihaha(poumon),urwagashya(rate) ,igifu(estomac),impyiko(reins)n’umwijima(foie).
Impyiko nirwo rugingo rukuru ndetse rw’ingenzi murizo , urwagashya (rate) n’inyama yo kwitondera no kubungwabungwa . ikindi kandi impyiko n’umwijima birunganirana.
Iyo urwagashya(rate) rudakora neza ubwoko bwose bwindwara butangira kwibasira umubiri bigatuma umuntu atangira kumva yacitse intege bityo agatangira kurwaragurika ,umwijima ukagira ibibazo,impyiko zikarwara.mu gihe urwagashya rumeze neza rero habaho gutanga imbaraga mu mubiri wose ,amaraso agatembera neza,bigakiza umuhangayiko,umunaniro ukabije,ndetse n’umubiri ugakora neza.
IBIMENYETSO BY’UMURWAYI WA DIYABETE
Uburwayi bwa diyabete burangwa no:
UKO WA KWIRINDA UBURWAYI BWA DIYABETE
AKAMARO LOWGAR CAPSULES
DORE IBIPIMO BY’ISUKARI (GLUCOSE) MU MARASO
Iyo igipimo cy’isukari kiri munsi ya 140mg/dl nta kibazo uba ufite
Hagati ya 140mg/dl na 199mg/dl uba ushobora kurwara diyabete, niho ibi bimenyetso bigaragarira. Ugana ivuriro bakagufasha kuba igipimo cyasubira hasi
Iyo igipimo kiri hejuru ya 200mg/dl uba urwaye diyabete, usabwa gufata imiti ituma indwara itakuzahaza.
ICYITONDERWA
LOWGAR CAPSULE Nta ngaruka igira ku muntu uyikoresheje kuko yizewe ku ruhando mpuzamahanga ifite ubuziranenge ihabwa n’ibigo nka FDA (Food and Drug Administration), GMP (Good Manufacturing Practice).
UKO IKORESHWA
Igizwe n’ibinini 60 ugafata ibinini 2 kabiri ku munsi mu gitondo ukabinywesha amazi ashyushye na ku mugoroba mbere yo gufata amafunguro
ADDRESS
Ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2 Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
e-mail :kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwa kurikira ibiganiro byacu ku rubuga rwa youtube ni
Kundubuzima health care
Umusemburo wa Testosterone ni umusemburo w’ingenzi cyane cyane ku bagabo; kuko ufasha byinshi harimo kugira ubushake bwo gukora imibonano, kongera uburemere bw’amagufa n’imikaya. Muri make niwo musemburo ugaragaza imiterere ya kigabo.
Uyu musemburo ukorwa cyane ku bwinshi mu gihe cy’ubugimbi, hanyuma uko umugabo/umuhungu agenda akura/asaza ukagenda ugabanuka.
Dore ibyakwereka ko uyu musemburo wagabanutse
Hari izindi ngaruka zishamikira kuri izi zirimo nko,
Iyo umusemburo wa testosterone wabaye muke ku rugero rukabije ugira ibibazo birimo nko:
DORE IBYAGUFASHA KONGERA UMUSEMBURO WA TESTESTERONE
Ku bantu bafite ikibazo cy’imisemburo wa testosterone uri hasi muri KUNDUBUZIMA HEALTH CARE habonetse igisubizo kuribo hifashishijwe imiti gakondo ikoze mu bimera ijana kw’ijana kandi ikaba yizewe ku ruhando mpuzamahanga ndetse akaba ari nta ngaruka igira ku wayikoresheje muri iyo miti twavugamo nka REVIVE CAPSULE, GOLDEN SIX CAPSULE, CA+FE+ZI PLUS CAPSULE
DORE AKAMARO KA REVIVE CAPSULE, GOLDEN SIX CAPSULE, CA+FE+ZI PLUS CAPSULE
nta ngaruka mbi zigira ku muriri w’uwayikoresheje kuko zikozwe mu bimera mwimerere bitandukanye,zikaba zihangana n’ibibazo twavuze hejuru kandi zikaba zizewe ku ruhando mpuzamahanga kuko zifite ubuziranenge zihabwa n’ibigo nka FDA (Food and Drug Administration), GMP (Good Manufacturing Practice),
ADDRESS
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0 winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUTI na MTN CENTER na BANK OF AFRICA HASI KURI PARKING winjira muri CHIC IMBERE Umuryango D055A2
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
Imibonano mpuzabitsina n’igikorwa gikomeye mu mibereho ya muntu kuko ituma abashakanye babana neza .Icyizere ni kimwe mu bituma abashakanye cyangwa se abakundana bashaka gukora imibonano mpuzabitsina.
Gukora neza kw’imisemburo y’abagabo bifasha imyanya myibarukiro y’umugabo gukura ndetse no gukora neza,buri wese agomba kumenya rero ko kugabanuka kw’imisemburo ya kigabo bigabanya cyane ubushobozi bwo gukora imibonano mpuzabitsina ku bagabo.
Kudakora neza kw’imyakura (nerf) itwara amakuru ku bwonko bituma habaho igabanuka ry’imisemburo y’abagabo bityo bigatera ibibazo ku mugabo n’umugore igihe bari gukora imibonano mpuzabitsina.iyo imyakura (nerfs)igeza amakuru neza ku bwonko ;bituma igitsina cy’umugabo kigira umurego uhagije ndetse akarangiza (gusohora) mu gihe cyangombwa bikongera ibyishimo ku bari gukora imibonano mpuzabitsina.
Ikindi kandi iyo amakuru agera ku bwonko neza ariko amaraso akaba atembera mu gitsina afite umwuka mwiza mucye (oxygene) nabyo bigira ingaruka mbi ku mibonano mpuzabitsina.
AKAMARO KA REVIVE CAPSULE IKORWA NA FUKANG
ICYITONDERWA
Ubushakashatsi bwagaragajeko uruhurirane rw’ibimera bigize REVIVE CAPSULE bifite ubushobozi bwo kongera imikorere myiza y’imyanya myibarukiro y’abagabo n’abasore ndetse kongera ubushake bwo gutera akabariro ku bagabo n’abagore.
REVIVE CAPSULE ni inyunganiramirire yuzuye buri mugabo n’umusore bakwiye gufata nk’ibiryo bya buri munsi cyangwa mu gihe runaka mu buzima bwabo kugirango barinde ubuzima bwabo n’imyanya yabo myibarukiro
REVIVE CAPSULE nta ngaruka mbi igira ku muriri w’uwayikoresheje kuko ikozwe mu bimera mwimerere bitandukanye,ikaba ihangana n’ibibazo twavuze hejuru kandi ikaba yizewe ku ruhando mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge ihabwa n’ibigo nka FDA (Food and Drug Administration), GMP (Good Manufacturing Practice),
UKO BAYIKORESHA
Bafata ikinini 1 n’amazi ashyushye mbere yo kuryama isaha 1ukongera gufata ikindi nyuma y’iminsi 4
Uramutse ukeneye REVIVE CAPSULE wagana IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
ADDRESS
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
e-mail :kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
Magilim igizwe na vitamin fagopyrum titanium E irinda ndetse ikagabanya uburozi buturuka ku mirasire ya ultraviolette,radicaux libres,ikanakoresha neza uturemangingo turwanya bacterie zinjiye mu mubiri
Igizwe kandi n’intungamubiri ndodo(fibres) zikura uburozi mu mubiri;zikagabanya ibinure by’umurengera mu mubiri
AKAMARO KA MAGILIM
ICYITONDERWA
Urero IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE ryazaniye iyi nyunganira mirire ikaba n’umuti mwimere Magilim Nta ngaruka igira ku muntu uyikoresheje kuko yizewe ku ruhando mpuzamahanga ifite ubuziranenge ihabwa n’ibigo nka FDA (Food and Drug Administration), GMP (Good Manufacturing Practice).
UKO IKORESHWA
Igizwe n’ibinini 90 ugafata ibinini 3 kabiri ku munsi mu gitondo ukabinywesha amazi menshi ashyushye na ku mugoroba mbere yo gufata amafunguro mu gihe cy’amezi abiri.
Uramutse ukeneye MAGILIM CAPSULE wagana ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
ADDRESS
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
e-mail :kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
Spirulina ni inyunganiramirire ikorwa mu kimera bita Spirulina kikaba gikomoka mu nsi y’amazi; ni icyo mu bwoko bwitwa “Algue” ikaba rero ikungahaye cyane ku ntungamubiri nyinshi zitandukanye zifasha mu kurinda ndetse no kuvura indwara zitandukanye. Spirulina nka algue zose ikaba ikurira mu mazi yaba ay’inyanja cyangwa ibiyaga.
Spirulina Tablet itunganywa n’ikigo cy’abashinwa cyitwa “FUKANG ” igizwe n’uruhurirane rwa vitamin zitandukanye nka Vitamin B1,B2,B3,B6,B7,B8,B12,A,E,D,K, vitamin F (uruvange rwa omega-3 na omega-6) imyunyu ngugu nka magnesium, potassium, manganese ,fer,sodium,phosphore,calcium,iode,zinc,cuivre,selenium na chrome,
Spirulina Tablet ikungahaye ku ntungamubiri zikomoka mu bihingwa (proteins vegetales) ku kigero cya 60-63%, inshuro 3-4 zirenze ku ziboneka mu mafi no munyama z’inka.
Spirulina Tablet ikize kuri vitamin B12 inshuro 3-4 zirenze ku ziboneka mu nyama y’umwijima w’amatungo kimwe niboneka mu bimera
Spirulina Tablet ikize kuri b-carotene irinda uturemangingo tugize umubiri inshuro 5 hejuru y’iboneka muri karoti,inshuro 40 hejuru y’iboneka muri epinari .
Spirulina Tablet ikungahaye kuri “ACIDE GAMMA-LIONOLEINE”igabanya ikanakura urugimbu rubi mu maraso;ndetse ikanarinda indwara z’umutima ku kigero kiri hejuru .
Spirulina Tablet ifite “phycocyanine”itaboneka ahandi hose usibye muri Spirulina.
Spirulina Tablet ya FUKANG ikorwa hubahirijwe amabwiriza ya GMP (Good Manufacturing Practice) igakurwa muri spirulina ntabindi byongewemo.
60% bya Spirulina Tablet ya FUKANG ni intungamubiri za proteyine ituma uturemangingo tw’umubiri dukura ndetse n’uturemangingo tw’umubiri twashaje ikaturema bundi bushya;
Byaba byiza cyane gukoresha Spirulina Tablet nk’ikiribwa kuruta kurya inyama n’ibikomoka ku mata
Garama 10 za Spirulina Tablet ya FUKANG zitanga 70% bya fer umubiri w’umuntu ukeneye,inshuro 3-4 bya vitamin A,B-complexe (B1,B2,B3,B6,B7,B8,B12),D,K bikenerwa buri munsi n’umubiri w’umuntu.
Spirulina Tablet ya FUKANG ikungahaye kuri “ACIDE GAMMA-LIONOLEINE” iboneka mu mashereka igafasha cyane mu mikurire y’umwana agakura afite ubuzima buzira umuze.
AKAMARO KA SPIRULINA TABLET
Urero IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE ryazaniye iyi nyunagnira mirire ya Spirulina Tablet ikaba n’umuti mwimere Nta ngaruka mbi igira ku mubiri w’umuntu wayikoresheje kuko ifite ubuziranenge ihabwa n’ibigo mpuzamahanga nka FDA (Food and Drug Administration) na GMP(Good Manufacturing Practice)
UKO IKORESHWA
Igizwe n’ibinini 100 ugafata ibinini 4 kabiri ku munsi mu gitondo ukabinywesha amazi ashyushye na ku mugoroba mbere yo gufata amafunguro
Uramutse ukeneye Spirulina Tablet wagana ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
ADDRESS
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI , Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
e-mail :kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
Mu buvuzi gakondo bw’abashinwa kuva kera bifashishaga umuti ukaba n’inyunganiramirire witwa GOLDEN SIX capsule nkuko amateka atwereka ko; yari umwe mu miti ikozwe mu bimera gakondo by’abashinwa wakoreshwaga cyane ndetse no muri iki gihe ukaba ukoreshwa mu gutuma umuntu agira ubuzima buzira umuze nkuko tugiye kubireba muri iyi nkuru
GOLDEN SIX capsule ni umusingi w’ubuzima kuko uburyo iteguwemo hifashishwa ikoranabuhanga rigezweho mu buvuzi bw’abashinwa ibyo bita (“distillation”) bigatuma umubiri w’umurwayi ubasha kwakira byihuse iyi GOLDEN SIX capsule bityo ugakira vuba.
GOLDEN SIX capsule ni nziza cyane ku barwayi barwaye diyabete ndetse n’abandi umubiri wabo udashobora gukoresha isukari ;kuko uburyo bugezweho itunganywamo nta sukari yongerwamo .
Kugabanuka kw’imikorere myiza y’umubiri bigaragazwa no: kubira ibyuya ninjoro,kugira isereri ,kumva urusaku rudasanzwe mu matwi(acouphenes) ,kugira umuriro,kuribwa umugongo wo hasi,guhorana umunaniro ukabije,kuribwa mu mayunguyungu ndetse n’amaguru,kureba ibikezikezi,kwibagirwa bya hato na hato,kumva urwaye ariko abaganga ntibabone indwara, n’ibindi bikaba bigendana n’imyaka ufite cyane cyane abari hejuru y’imyaka 40,abantu bamara amasaha menshi imbere ya mudasobwa ,telephone,n’ibindi bikoresho by’ikorana buhanga ,gukora imibonanompuzabitsina cyane,ndetse n’indwara zidakira,n’ibindi.
AKAMARO KA GOLDEN SIX capsule.
N.B: Abaganga ba bashinwa bavumbuyeko: GOLDEN SIX capsule ivugurura itembera ry’amaraso, ikagabanya ibinure bibi byo mu maraso (cholesterol), igafasha imikorere myiza y’umubiri ku buryo birinda indwara z’umutima.
Mu gihe GOLDEN SIX capsule uyikoresheje hamwe n’imiti isanzwe ya kizungu;bituma iyo miti ikora neza cyane bigatanga igisubizo cyiza ku barwayi bw’umuntu.
UKO IKORESHWA
GOLDEN SIX capsule igizwe n’ibinini 30 ukaba unywa ikinini 1 mugitondo no ku mu goroba n’amazi asanzwe cyangwa ashyushye mbere yo kurya.
Urero IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE ryazaniye iyi nyunagnira mirire ikaba n’umuti mwimere GOLDEN SIX capsule ifasha umubiri kurinda no kuvura indwara nyinshi twavuze hejuru ikaba ikozwe mu buryo bwa gakondo ikoze mu bimera,ihangana n’indwara z’umutima ,ubwonko,itembera ry’amaraso ,…kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge ihabwa n’ibigo nka FDA (Food and Drug Administration), GMP (Good Manufacturing Practice)
Uramutse uyikeneye wagana ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
e-mail :kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
Murakoze
Umubyibuho ukabije ni ikibazo gihangayikishije benshi ku isi kuri ubu,no mu Rwanda ni ikibazo gikomeye kuko gihangayikishije benshi kandi gikomeje gufata indi ntera,kuko usanga indwara nyinshi zitandura izo twita(non communicable diseases) zirimo nka Diyabeti,umuvuduko ukabije w’amaraso,kanseri zitandukanye,umutima,…ziri guhitana benshi usanga ahanini ziterwa n’umubyibuho ukabije.
Umubyibuho udasanzwe uvugwa iyo ufite ibiro bitajyanye n’uburebure bwawe, ufite ibipimo bya BMI birenze 25 aha bikaba bivuze ko ufite umubyibuho udasanzwe.
Igipimo cya BMI ugipima ufata ibiro ufite ukabigabanya ubwikube bw’uburebure bwawe iyo ibyo ubonye biri hejuru ya 25 uba ufite umubyibuho ukabije naho byaba munsi ya 18 ukaba ufite ibiro bike ukeneye kubyongera.
Reka turebera hamwe rero ibitera umubyibuho ukabije,ingaruka zawo ndetse n’uko wabirwanya.
Umubyibuho ukabije uterwa n’iki?
Zimwe mu mpamvu zishobora gutera umubiri kubyibuha cyane harimo:
6.Akoko, kuba ari ibintu karemano biri mu muryango wanyu.
7.Imikorere mibi y’umubiri kimwe n’indwara (urugero iyo imisemburo mu mubiri idakora neza)
8.Imiti imwe n’imwe nk’imiti yo mu bwoko bwa corticosteroids, imiti ivura kwiheba n’iyi gicuri. Iyi miti yose igabanya uburyo umubiri wawe ukoresha imbaraga, ikongera ubushake bwo kurya no kugabanya isohoka ry’amazi mu mubiri, ibi byose bigatera kubyibuha.
9.Imyaka. Uko ugenda ukura niko ugenda utakaza imikaya, cyane cyane iyo udakora sport zihagije. Gutakaza imikaya bitera umubiri kubura ubushobozi bwo gutwika calories, bityo iyo utagabanije ibyo urya uko ukura, ukomeza kubyibuha cyane.
10.Kutaryama. Abantu bataryama bakunda kurya indyo ituma bahorana imbaraga, bikaba byabatera kurya cyane ndetse byinshi, bityo bikaganisha k’umubyibuho udasanzwe
11.Gutwita. Abagore benshi iyo batwite ibiro byabo bikunda kwiyongera kugira ngo babashe gutunga neza abo batwite, iyo bamaze kubyara benshi kuba basubirana ibiro byabo birabananira. Ibi bikaba byatera umubyibuho udasanzwe igihe amaze kubyara kenshi
Ingaruka z’umubyibuho udasanzwe
Dore ibyo ugomba kwirinda gukoresha cyane niba ushaka kunanuka :
Ubu rero ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE cyabazaniye icyayi cyizewe ku ruhando mpuzamahanga cyitwa TE DIVINA kigizwe n’ubwoko bw’ibyatsi butandukanye bugera kuri 12 kikaba gikozwe mu buryo nta ngaruka cyagira ku wagikoresheje kandi kikaba gifite ubushobozi bwo gukura imyanda ndetse n’uburozi mu mubiri ;ariko kikaba cyihariye mu gufasha abantu gutakaza ibiro bitagusabye kureka ibiryo cyangwa gukora sport. ikindi iki cyayi kizwiho gukuraho inda ndetse n’ibicece kuburyo bwihuse
DORE AKAMARO GATANDUKANYE KA TEDIVINA NDETSE N’AHO WAYIKURA
UKO IKI CYAYI GITEGURWA
Canira litiro enye(4) z’amazi abire namara kubira ufungure ka gapaki ukuremo agasashe (teabag) karimo ugashyire mu mazi hanyuma ugabanye umuriro utegereze iminota 10-15 ,hanyuma uzimye umuriro ushyire ya mazi mu kajerekani keza gafite isuku ihagije utegereze bihore
NB:Ugomba kugitegura ku masaha ya
nimugoroba hanyuma ugatangira
kugikoresha ku munsi ukurikiraho
ni byiza ku kinywa gishyushye kugirango ubone impinduka zihuse.
Kugishyushya uteka amazi akabira ;ukayakura ku ziko hanyuma agaterekamo agatasi karimo cya cyayi gikonje wari ugiye kunywa .
UKO GIKORESHWA
Ukoresha agapaki kamwe mu cyumweru ukanywa udutasi duto tubiri(2) ku munsi nyuma yo gufata amafungo mu gitondo na ni mugoroba .
ICYITONDERWA
Umugore utwite ndetse n’uwonsa ntibemerewe kugikoresha.
ADDRESS
Uramutse ukeneye TE DIVINA wagana ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI , Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0 winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUTI na MTN CENTER na BANK OF AFRICA HASI KURI PARKING winjira muri CHIC IMBERE Umuryango D055A2
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
e-mail :kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwanasura urubuga rwacu rwa arirwo
GOLDEN HYPHA igizwe na proteyine ifasha kurinda no kuvura za kanseri zitandukanye,ndetse ikaba ifite ubushobozi bwo kuzamura ubudahangarwa bw’umubiri w’uyikoresheje.uburyo ikozwemo ndetse n’ibiyigize birimo ibihumyo bivura; ubushakashatsi bw’abashinwa bwa vumbuye uburyo bugezweho bagendeye ku muco wabo babona ko intungamubiri ziyigize zikubye inshuro 300 ugeranije n’uburyo bwari busanzwe mu buvuzi gakondo bw’abashinwa
Mu ntangiriro za 1987 abashakashatsi bo muri kaminuza ya Hong Kong bavumbuye krestine (PSK) mu bihumyo,Golden Haipha igizwe na β-(1→) ,na glucose ko bivura ibibyimba na kanseri yo mu magufwa (sarcoma),ndetse bikica n’uturemangingo twa kanseri (cellule de cancer) Golden Hypha igizwe na Proflamin na Glycoproteine faiblement en acide, Proteine fongique immunomodulatrice (-FIP-FVE), Polysaccharide, EA6 bikora imirimo ikomeye mu mubiri w’umuntu
AKAMARO KA GOLDEN HYPHA
Ubu rero IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE ryabazaniye iyi nyunganiramirire ya Golden Hypha ikoze mu bimera ikaba ikoreshwa ku rwego mpuzamahanga,iyi nyunganiramirire Nta ngaruka igira ku muntu uyikoresheje kuko yizewe ku ruhando mpuzamahanga ifite ubuziranenge ihabwa n’ibigo nka FDA (Food and Drug Administration), GMP (Good manufacturing practice),
UKO IKORESHWA
Igizwe n’ibinini 90 ugafata ibinini 3 kabiri ku munsi (mu gitondo na ku mugoroba) n’amazi ashyushye ukayifata mbere yo gufata amafunguro
Uramutse ukeneye GOLDEN HYPHA CAPSULE wagana ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
ADDRESS
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
e-mail :kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
Umubiri w’umuntu ukenera buri munsi ibinyabutabire nka Zinc,imyunyungugu nka kalisiyumu ndetse na fer bifasha cyane mu mikurire y’uturemangingo tw’umubiri.
Ca+Fe+Zinc Plus Capsule iboneka muri KUNDUBUZIMA HEALTH CARE igizwe n’ibimera bikize kuri Calcium, Fer ,Zinc
AKAMARO KA Ca-Fe-Zinc Plus Capsule
IYI Ca+Fe+Zinc Plus igizwe n’ibinini 60, umuntu mukuru anywa ibinini bibiri ku munsi inshuro ebyiri; naho umwana (5-16 ans) akanywa ikinini kimwe kabiri ku munsi.
Abana bari munsi y’imyaka itanu bafata ikinini kimwe ku munsi bakoresheje agafu kari mo bakagashyira mu mazi ashyushye.mu gitondo na ku mugoroba mbere ya kurya
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
e-mail :kundubuzimahealthcare@gmail.com
Murakoze
Dukorera mu mujyi wa KIGALI mu nyubako ya CHIC muri Etage ya 0 ;Umuryango D55A2
Telephone: (+250) 788865515
Email: info@kundubuzima.rw